Abaroma 10 episode artwork

EPISODE · Feb 28, 2024 · 2 MIN

Abaroma 10

from Bibiliya mu Kinyarwanda · host Bibiliya Mu kinyarwanda

Bene Data, ibyo umutima wanjye wifuza n’ibyo nsabira Abisirayeli ku Mana, ni ukugira ngo bakizwe. 2.Ndabahamya yuko bafite ishyaka ry’Imana ariko ritava mu bwenge, 3.kuko ubwo bari batazi gukiranuka kw’Imana uko ari ko, bagerageje kwihangira gukiranuka kwabo ubwabo, bituma basuzugura gukiranuka kw’Imana, 4.kuko Kristo ari we amategeko asohoraho kandi ni we uhesha uwizera wese gukiranuka. 5.Mose yanditse ibyo gukiranuka guheshwa no gukomeza amategeko ati “Ugusohoza azabeshwaho na ko.” 6.Ariko gukiranuka guheshwa no kwizera kuvuga gutya kuti “Ntukibaze uti ‘Ni nde uzazamuka ngo ajye mu ijuru?’ ” (Bisobanurwa ngo: kumanura Kristo). 7.“Cyangwa uti ‘Ni nde uzamanuka ikuzimu?’ ” (Bisobanurwa ngo: kuzamura Kristo amukuye mu bapfuye). 8.Ahubwo kuvuga kuti “Ijambo rirakwegereye, ndetse riri mu kanwa kawe no mu mutima wawe. Ni ryo jambo ryo kwizera, iryo tubabwiriza.” 9.Niwatuza akanwa kawe yuko Yesu ari Umwami, ukizera mu mutima wawe yuko Imana yamuzuye uzakizwa, 10.kuko umutima ari wo umuntu yizeza akabarwaho gukiranuka, kandi akanwa akaba ari ko yatuza agakizwa. 11.Kuko ibyanditswe bivuga biti “Umwizera wese ntazakorwa n’isoni.” 12.Nta tandukaniro ry’Umuyuda n’Umugiriki, kuko Umwami umwe ari Umwami wa bose, ni we ubereye abamwambaza bose ubutunzi, 13.kuko umuntu wese uzambaza izina ry’Umwami azakizwa. 14.Ariko se bamwambaza bate bataramwizera? Kandi bamwizera bate bataramwumva? Kandi bakumva bate ari nta wababwirije?15.Kandi babwiriza bate batatumwe? Nk’uko byanditswe ngo “Mbega uburyo ibirenge by’abavuga ubutumwa bwiza ari byiza cyane!” 16.Icyakora abumviye ubutumwa bwiza si bose, kuko Yesaya yavuze ati “Mwami ni nde wizeye ubutumwa bwacu?” 17.Dore kwizera guheshwa no kumva, no kumva kukazanwa n’ijambo rya Kristo. 18.Ariko ndabaza nti “Ntibumvise?” Yee, rwose barumvise ndetse “Ijwi ryabo ryasakaye mu isi yose, Amagambo yabyo agera ku mpera y’isi.” 19.Ariko ndabaza nti “Abisirayeli ntibabimenye?” Mose ni we wabanje kuvuga ati “Nzabateza ishyari ku batari ishyanga nyashyanga, Nzabarakaza nkunze ishyanga ritagira ubwenge.”20.Kandi Yesaya ashira amanga cyane aravuga ati “Nabonywe n’abatanshatse, Neretswe abatambaririje.” 21.Ariko ku Bisirayeli aravuga ati “Ubwoko butumva kandi butongana nabutegeraga amaboko umunsi ukira.”

Bene Data, ibyo umutima wanjye wifuza n’ibyo nsabira Abisirayeli ku Mana, ni ukugira ngo bakizwe. 2.Ndabahamya yuko bafite ishyaka ry’Imana ariko ritava mu bwenge, 3.kuko ubwo bari batazi gukiranuka kw’Imana uko ari ko, bagerageje kwihangira gukiranuka kwabo ubwabo, bituma basuzugura gukiranuka kw’Imana, 4.kuko Kristo ari we amategeko asohoraho kandi ni we uhesha uwizera wese gukiranuka. 5.Mose yanditse ibyo gukiranuka guheshwa no gukomeza amategeko ati “Ugusohoza azabeshwaho na ko.” 6.Ariko gukiranuka guheshwa no kwizera kuvuga gutya kuti “Ntukibaze uti ‘Ni nde uzazamuka ngo ajye mu ijuru?’ ” (Bisobanurwa ngo: kumanura Kristo). 7.“Cyangwa uti ‘Ni nde uzamanuka ikuzimu?’ ” (Bisobanurwa ngo: kuzamura Kristo amukuye mu bapfuye). 8.Ahubwo kuvuga kuti “Ijambo rirakwegereye, ndetse riri mu kanwa kawe no mu mutima wawe. Ni ryo jambo ryo kwizera, iryo tubabwiriza.” 9.Niwatuza akanwa kawe yuko Yesu ari Umwami, ukizera mu mutima wawe yuko Imana yamuzuye uzakizwa, 10.kuko umutima ari wo umuntu yizeza akabarwaho gukiranuka, kandi akanwa akaba ari ko yatuza agakizwa. 11.Kuko ibyanditswe bivuga biti “Umwizera wese ntazakorwa n’isoni.” 12.Nta tandukaniro ry’Umuyuda n’Umugiriki, kuko Umwami umwe ari Umwami wa bose, ni we ubereye abamwambaza bose ubutunzi, 13.kuko umuntu wese uzambaza izina ry’Umwami azakizwa. 14.Ariko se bamwambaza bate bataramwizera? Kandi bamwizera bate bataramwumva? Kandi bakumva bate ari nta wababwirije?15.Kandi babwiriza bate batatumwe? Nk’uko byanditswe ngo “Mbega uburyo ibirenge by’abavuga ubutumwa bwiza ari byiza cyane!” 16.Icyakora abumviye ubutumwa bwiza si bose, kuko Yesaya yavuze ati “Mwami ni nde wizeye ubutumwa bwacu?” 17.Dore kwizera guheshwa no kumva, no kumva kukazanwa n’ijambo rya Kristo. 18.Ariko ndabaza nti “Ntibumvise?” Yee, rwose barumvise ndetse “Ijwi ryabo ryasakaye mu isi yose, Amagambo yabyo agera ku mpera y’isi.” 19.Ariko ndabaza nti “Abisirayeli ntibabimenye?” Mose ni we wabanje kuvuga ati “Nzabateza ishyari ku batari ishyanga nyashyanga, Nzabarakaza nkunze ishyanga ritagira ubwenge.”20.Kandi Yesaya ashira amanga cyane aravuga ati “Nabonywe n’abatanshatse, Neretswe abatambaririje.” 21.Ariko ku Bisirayeli aravuga ati “Ubwoko butumva kandi butongana nabutegeraga amaboko umunsi ukira.”

NOW PLAYING

Abaroma 10

0:00 2:40

No transcript for this episode yet

We transcribe on demand. Request one and we'll notify you when it's ready — usually under 10 minutes.

Decibel Geek Podcast DBG Productions Decibel Geek is a weekly podcast that features discussion of all things Hard Rock & Heavy Metal from the 1960's through today. The show is hosted by Chris Czynszak & AAron Camaro, lifelong fans of the genre.Each week, Chris & AAron discuss new releases, classic albums, and everything in between. They also interview musicians, industry insiders, and other experts on the subject. Decibel Geek is a must-listen for any fan of Hard Rock & Heavy Metal. The show is informative, entertaining, and always insightful.Chris & Aaron and their guests are passionate about the genre, and it shows in their discussions. If you're looking for a podcast that will keep you up-to-date on the latest news and trends in Hard Rock & Heavy Metal, then Decibel Geek is the show for you.Here are some of the things you can expect on Decibel Geek:- Discussion of new releases, classic albums, and everything in between- Interviews with mu Fantasy Besztlíg Podcast Fantasy Besztlíg Fantasy Besztlíg Podcast az első magyar nyelvű Fantasy Premier Leagues podcast. Ha nem tudod mi az az FPL, de szereted az angol focit, akkor hallgass meg minket. Jobb az elején tisztázni, hogy itt nem a La Liga vagy a Seria A lesz a téma. Premier League minden mennyiségben egy MU-es és egy Arsenal-os sráctól. Global Market Insights - Forex, Futures, Stocks XM.com XM's trading podcast, Global Market Insights, reflects our commitment to providing traders with meaningful and informative content based on diversity and practical purpose, encompassing up-to-date information needed for online investing and updates on economic events across the globe.For more in depth technical and fundamental analysis, be sure to visit www.xm.comTrading Point of Financial Instruments Ltd is regulated by the Cyprus Securities and Exchange Commission (CySEC) (licence number 120/10). Trading Point of Financial Instruments Pty Ltd is regulated by the Australian Securities and Investments Commission (ASIC) (licence number 443670), XM Global Limited is regulated by the Financial Services Commission of Belize (FSC) (licence number 000261/27) and XM International MU Limited is regulated by the Financial Services Commission of Mauritius (FSC) (licence number GB23202700). Kuro yi mu nsem Multimedia Ghana A news-analysis morning programme that discusses socio-political local news.

Frequently Asked Questions

How long is this episode of Bibiliya mu Kinyarwanda?

This episode is 2 minutes long.

When was this Bibiliya mu Kinyarwanda episode published?

This episode was published on February 28, 2024.

What is this episode about?

Bene Data, ibyo umutima wanjye wifuza n’ibyo nsabira Abisirayeli ku Mana, ni ukugira ngo bakizwe. 2.Ndabahamya yuko bafite ishyaka ry’Imana ariko ritava mu bwenge, 3.kuko ubwo bari batazi gukiranuka kw’Imana uko ari ko, bagerageje kwihangira...

Can I download this Bibiliya mu Kinyarwanda episode?

Yes, you can download this episode by clicking the download button on the episode player, or subscribe to the podcast in your preferred podcast app for automatic downloads.
URL copied to clipboard!