Abaroma 11 episode artwork

EPISODE · Feb 28, 2024 · 4 MIN

Abaroma 11

from Bibiliya mu Kinyarwanda · host Bibiliya Mu kinyarwanda

Nuko ndabaza nti “Mbese Imana yaciye ubwoko bwayo?” Reka da! Kuko nanjye ndi Umwisirayeli wo mu rubyaro rwa Aburahamu, wo mu muryango wa Benyamini. 2.Imana ntiyaciye ubwoko bwayo yamenye kera. Ntimuzi ibyo ibyanditswe bivuga kuri Eliya, uburyo yivovoteye Abisirayeli abarega ku Mana ati 3.“Mwami, bishe abahanuzi bawe basenya n’ibicaniro byawe, nanjye nsigaye jyenyine kandi barashaka kunyica.” 4.Mbese Imana yamushubije iki? Yaramushubije iti “Nisigarije abantu ibihumbi birindwi batarapfukamira Bali.” 5.Nuko rero uko ni ko bikimeze no muri iki gihe, hariho abantu bakeya basigaye batoranijwe ku bw’ubuntu. 6.Ariko ubwo bibaye ku bw’ubuntu ntibikiri ku bw’imirimo, kuko bitabaye bityo ubuntu ntibwaba ari ubuntu. 7.Nuko tuvuge dute? Icyo Abisirayeli bashatse ntibakibonye, ahubwo abatoranijwe ni bo bakibonye abandi basigara binangiye imitima, 8.nk’uko byanditswe ngo “Imana yabahaye umutima wo guhunikira, n’amaso atabona, n’amatwi atumva.” Uko ni ko bikimeze na bugingo n’ubu. 9.Kandi Dawidi yaravuze ati “Ameza yabo ababera nk’umutego n’ikigoyi, N’igisitaza n’ingaruka mbi. 10.Amaso yabo ahumwe be kureba, Kandi ugumye kubaheta umugongo iminsi yose.” 11.Nuko ndabaza nti “Basitariye kugwa rwose?” Ntibikabeho! Ahubwo kugwa kwabo kwatumye agakiza kagera ku banyamahanga, kugira ngo bitere Abisirayeli ishyari. 12.Ariko ubwo kugwa kwabo kwabereye abari mu isi ubutunzi, kandi gutuba kwabo kukabera abanyamahanga ubutunzi, nkanswe kugwira kwabo! 13.Ariko ndababwira mwebwe abanyamahanga yuko nubahiriza umurimo wanjye, kuko ndi intumwa ku banyamahanga 14.kugira ngo ahari nteze ishyari bene wacu, mbone uko nkiza bamwe muri bo. 15.Ubwo gucibwa kwabo guhesheje abari mu isi kwiyunga n’Imana, kugarurwa kwabo ntikuzaba kuzuka? 16.Ubwo ifu y’umuganura ari iyera, n’irobe na ryo ni ko riri, kandi ubwo igishyitsi ari icyera n’amashami na yo ni ko ari. 17.Ariko niba amashami amwe yarahwanyuwe, nawe uri umunzenze wo ku gasozi, ukaba waratewe nk’ingurukira hagati y’amashami, ugasangira na yo amakakama y’igishyitsi cya elayo, 18.ntukirarire ngo ugaye ayo mashami. Niba wirarira uyagaya, wibuke yuko atari igishyitsi kimeze kuri wowe, ahubwo ni wowe umeze ku gishyitsi. 19.Ahari wavuga uti “Amashami yahwanyuriwe kugira ngo nterweho.” 20.Ni koko kutizera ni ko kwayahwanyuje, none nawe kwizera ni ko kuguteyeho. Ntukibon, ahubwo utinye, 21.kuko ubwo Imana itababariye amashami ya kavukire, nawe ntizakubabarira. 22.Nuko urebe kugira neza kw’Imana kandi no kutabera kwayo. Ku baguye ni ukutabera, ariko kuri wowe ni ukugira neza nuguma muri uko kugira neza kwayo, kuko nutagira utyo nawe uzahwanyurwa. 23.Kandi ba bandi na bo nibatagundira kutizera kwabo, bazaterwa nk’ingurukira kuko Imana ishobora kubagaruraho. 24.Ko wahwanyuwe ku giti cyavutse ari umunzenze, ugaterwa nk’ingurukira kuri elayo nziza utavutseho, nkanswe ba bandi bene yo, ntibazarushaho cyane guterwa muri elayo yabo? 25.Bene Data kugira ngo mutabona uko mwirata ndashaka ko mumenya iby’iri banga: Abisirayeli bamwe banangiwe imitima ariko si bose, kugeza ubwo abanyamahanga bazinjira mu Itorero bakagera ku mubare ushyitse. 26.Ni bwo Abisirayeli bose bazakizwa nk’uko byanditswe ngo “Umukiza azava i Siyoni, Azakura muri Yakobo kutubaha Imana.” 27.“Iryo ni ryo sezerano mbasezeranije, Ubwo nzabakuraho ibyaha.”28.Ku by’ubutumwa bwiza babaye abanzi b’Imana ku bwanyu, ariko ku byo gutoranywa n’Imana, bayifiteho igikundiro ku bwa ba sekuruza, 29.kuko impano z’Imana no guhamagara kwayo bitavuguruzwa. 30.Nk’uko mwebwe mwagomeraga Imana kera, ariko none mukaba mubabariwe ku bw’ubugome bwabo, 31.ni ko na bo bagomye ubu, kugira ngo imbabazi mwagiriwe zibaheshe na bo kubabarirwa , 32.kuko Imana yabumbiye hamwe abantu bose mu bugome, kugira ngo ibone uko ibabarira bose. 33.Mbega uburyo ubutunzi n’ubwenge n’ubumenyi by’Imana bitagira akagero! Imigambi yayo ntihishurika, n’inzira zayo ntizirondoreka. 34.Ni nde wamenya ibyo Uwiteka atekereza cyangwa ngo abe umujyanama we? 35.Ni nde wabanje kumuha ngo azamwiture? 36.Kandi byose...

Nuko ndabaza nti “Mbese Imana yaciye ubwoko bwayo?” Reka da! Kuko nanjye ndi Umwisirayeli wo mu rubyaro rwa Aburahamu, wo mu muryango wa Benyamini. 2.Imana ntiyaciye ubwoko bwayo yamenye kera. Ntimuzi ibyo ibyanditswe bivuga kuri Eliya, uburyo yivovoteye Abisirayeli abarega ku Mana ati 3.“Mwami, bishe abahanuzi bawe basenya n’ibicaniro byawe, nanjye nsigaye jyenyine kandi barashaka kunyica.” 4.Mbese Imana yamushubije iki? Yaramushubije iti “Nisigarije abantu ibihumbi birindwi batarapfukamira Bali.” 5.Nuko rero uko ni ko bikimeze no muri iki gihe, hariho abantu bakeya basigaye batoranijwe ku bw’ubuntu. 6.Ariko ubwo bibaye ku bw’ubuntu ntibikiri ku bw’imirimo, kuko bitabaye bityo ubuntu ntibwaba ari ubuntu. 7.Nuko tuvuge dute? Icyo Abisirayeli bashatse ntibakibonye, ahubwo abatoranijwe ni bo bakibonye abandi basigara binangiye imitima, 8.nk’uko byanditswe ngo “Imana yabahaye umutima wo guhunikira, n’amaso atabona, n’amatwi atumva.” Uko ni ko bikimeze na bugingo n’ubu. 9.Kandi Dawidi yaravuze ati “Ameza yabo ababera nk’umutego n’ikigoyi, N’igisitaza n’ingaruka mbi. 10.Amaso yabo ahumwe be kureba, Kandi ugumye kubaheta umugongo iminsi yose.” 11.Nuko ndabaza nti “Basitariye kugwa rwose?” Ntibikabeho! Ahubwo kugwa kwabo kwatumye agakiza kagera ku banyamahanga, kugira ngo bitere Abisirayeli ishyari. 12.Ariko ubwo kugwa kwabo kwabereye abari mu isi ubutunzi, kandi gutuba kwabo kukabera abanyamahanga ubutunzi, nkanswe kugwira kwabo! 13.Ariko ndababwira mwebwe abanyamahanga yuko nubahiriza umurimo wanjye, kuko ndi intumwa ku banyamahanga 14.kugira ngo ahari nteze ishyari bene wacu, mbone uko nkiza bamwe muri bo. 15.Ubwo gucibwa kwabo guhesheje abari mu isi kwiyunga n’Imana, kugarurwa kwabo ntikuzaba kuzuka? 16.Ubwo ifu y’umuganura ari iyera, n’irobe na ryo ni ko riri, kandi ubwo igishyitsi ari icyera n’amashami na yo ni ko ari. 17.Ariko niba amashami amwe yarahwanyuwe, nawe uri umunzenze wo ku gasozi, ukaba waratewe nk’ingurukira hagati y’amashami, ugasangira na yo amakakama y’igishyitsi cya elayo, 18.ntukirarire ngo ugaye ayo mashami. Niba wirarira uyagaya, wibuke yuko atari igishyitsi kimeze kuri wowe, ahubwo ni wowe umeze ku gishyitsi. 19.Ahari wavuga uti “Amashami yahwanyuriwe kugira ngo nterweho.” 20.Ni koko kutizera ni ko kwayahwanyuje, none nawe kwizera ni ko kuguteyeho. Ntukibon, ahubwo utinye, 21.kuko ubwo Imana itababariye amashami ya kavukire, nawe ntizakubabarira. 22.Nuko urebe kugira neza kw’Imana kandi no kutabera kwayo. Ku baguye ni ukutabera, ariko kuri wowe ni ukugira neza nuguma muri uko kugira neza kwayo, kuko nutagira utyo nawe uzahwanyurwa. 23.Kandi ba bandi na bo nibatagundira kutizera kwabo, bazaterwa nk’ingurukira kuko Imana ishobora kubagaruraho. 24.Ko wahwanyuwe ku giti cyavutse ari umunzenze, ugaterwa nk’ingurukira kuri elayo nziza utavutseho, nkanswe ba bandi bene yo, ntibazarushaho cyane guterwa muri elayo yabo? 25.Bene Data kugira ngo mutabona uko mwirata ndashaka ko mumenya iby’iri banga: Abisirayeli bamwe banangiwe imitima ariko si bose, kugeza ubwo abanyamahanga bazinjira mu Itorero bakagera ku mubare ushyitse. 26.Ni bwo Abisirayeli bose bazakizwa nk’uko byanditswe ngo “Umukiza azava i Siyoni, Azakura muri Yakobo kutubaha Imana.” 27.“Iryo ni ryo sezerano mbasezeranije, Ubwo nzabakuraho ibyaha.”28.Ku by’ubutumwa bwiza babaye abanzi b’Imana ku bwanyu, ariko ku byo gutoranywa n’Imana, bayifiteho igikundiro ku bwa ba sekuruza, 29.kuko impano z’Imana no guhamagara kwayo bitavuguruzwa. 30.Nk’uko mwebwe mwagomeraga Imana kera, ariko none mukaba mubabariwe ku bw’ubugome bwabo, 31.ni ko na bo bagomye ubu, kugira ngo imbabazi mwagiriwe zibaheshe na bo kubabarirwa , 32.kuko Imana yabumbiye hamwe abantu bose mu bugome, kugira ngo ibone uko ibabarira bose. 33.Mbega uburyo ubutunzi n’ubwenge n’ubumenyi by’Imana bitagira akagero! Imigambi yayo ntihishurika, n’inzira zayo ntizirondoreka. 34.Ni nde wamenya ibyo Uwiteka atekereza cyangwa ngo abe umujyanama we? 35.Ni nde wabanje kumuha ngo azamwiture? 36.Kandi byose...

NOW PLAYING

Abaroma 11

0:00 4:40

No transcript for this episode yet

We transcribe on demand. Request one and we'll notify you when it's ready — usually under 10 minutes.

Decibel Geek Podcast DBG Productions Decibel Geek is a weekly podcast that features discussion of all things Hard Rock & Heavy Metal from the 1960's through today. The show is hosted by Chris Czynszak & AAron Camaro, lifelong fans of the genre.Each week, Chris & AAron discuss new releases, classic albums, and everything in between. They also interview musicians, industry insiders, and other experts on the subject. Decibel Geek is a must-listen for any fan of Hard Rock & Heavy Metal. The show is informative, entertaining, and always insightful.Chris & Aaron and their guests are passionate about the genre, and it shows in their discussions. If you're looking for a podcast that will keep you up-to-date on the latest news and trends in Hard Rock & Heavy Metal, then Decibel Geek is the show for you.Here are some of the things you can expect on Decibel Geek:- Discussion of new releases, classic albums, and everything in between- Interviews with mu Fantasy Besztlíg Podcast Fantasy Besztlíg Fantasy Besztlíg Podcast az első magyar nyelvű Fantasy Premier Leagues podcast. Ha nem tudod mi az az FPL, de szereted az angol focit, akkor hallgass meg minket. Jobb az elején tisztázni, hogy itt nem a La Liga vagy a Seria A lesz a téma. Premier League minden mennyiségben egy MU-es és egy Arsenal-os sráctól. Global Market Insights - Forex, Futures, Stocks XM.com XM's trading podcast, Global Market Insights, reflects our commitment to providing traders with meaningful and informative content based on diversity and practical purpose, encompassing up-to-date information needed for online investing and updates on economic events across the globe.For more in depth technical and fundamental analysis, be sure to visit www.xm.comTrading Point of Financial Instruments Ltd is regulated by the Cyprus Securities and Exchange Commission (CySEC) (licence number 120/10). Trading Point of Financial Instruments Pty Ltd is regulated by the Australian Securities and Investments Commission (ASIC) (licence number 443670), XM Global Limited is regulated by the Financial Services Commission of Belize (FSC) (licence number 000261/27) and XM International MU Limited is regulated by the Financial Services Commission of Mauritius (FSC) (licence number GB23202700). Kuro yi mu nsem Multimedia Ghana A news-analysis morning programme that discusses socio-political local news.

Frequently Asked Questions

How long is this episode of Bibiliya mu Kinyarwanda?

This episode is 4 minutes long.

When was this Bibiliya mu Kinyarwanda episode published?

This episode was published on February 28, 2024.

What is this episode about?

Nuko ndabaza nti “Mbese Imana yaciye ubwoko bwayo?” Reka da! Kuko nanjye ndi Umwisirayeli wo mu rubyaro rwa Aburahamu, wo mu muryango wa Benyamini. 2.Imana ntiyaciye ubwoko bwayo yamenye kera. Ntimuzi ibyo ibyanditswe bivuga kuri Eliya, uburyo...

Can I download this Bibiliya mu Kinyarwanda episode?

Yes, you can download this episode by clicking the download button on the episode player, or subscribe to the podcast in your preferred podcast app for automatic downloads.
URL copied to clipboard!