Abaroma 7 episode artwork

EPISODE · Mar 20, 2023 · 4 MIN

Abaroma 7

from Bibiliya mu Kinyarwanda · host Bibiliya Mu kinyarwanda

1.Mbese bene Data muzi amategeko, ntimuzi yuko amategeko atwara umuntu gusa akiriho? 2.Ni cyo gituma amategeko ahambira umugore ku mugabo we akiriho, ariko iyo umugabo amaze gupfa, umugore aba ahambuwe ku mategeko y’umugabo we. 3.Nuko rero, ni cyo gituma iyo umugabo we akiriho, niba abaye uw’undi mugabo yitwa umusambanyikazi, ariko iyo umugabo we apfuye, ntaba agitegekwa n’ayo mategeko, ni cyo gituma ataba umusambanyikazi naho yacyurwa n’undi mugabo. 4.Nuko rero bene Data, ni ko namwe mwapfuye ku mategeko ku bw’umubiri wa Kristo, kugira ngo mubone uko muba ab’undi ari we wa wundi wazutse, mubone no kwerera Imana imbuto. 5.Ubwo twari tukiri abantu ba kamere, irari ry’ibibi ryabyukijwe n’amategeko ryakoreraga mu ngingo zacu, kugira ngo ryere imbuto z’urupfu. 6.Ariko noneho ntitugitwarwa n’amategeko, kuko twapfuye ku mategeko yari atuboshye. Ni cyo gituma turi imbata mu bubata bushya bw’Umwuka, butari bwa bundi bwa kera bw’inyuguti. 7.Nuko rero tuvuge iki? Amategeko ni icyaha? Ntibikabeho! Icyakora simba naramenye icyaha iyo ntakimenyeshwa n’amategeko, kuko ntaba naramenye kwifuza iyaba amategeko atavuze ngo “Ntukifuze.” 8.Ariko icyaha kibonye akito mu mategeko ni ko gukorera muri jye kwifuza kose, kuko aho amategeko atari icyaha kiba gipfuye. 9.Nanjye kera nari muzima ntafite amategeko, maze itegeko rije icyaha kirahembuka mperako ndapfa. 10.Nuko iryo tegeko ryagenewe kuzana ubugingo mbona rinzanira urupfu, 11.kuko icyaha kibonye ako kito mu mategeko, kiranyoshya kirayanyicisha. 12.Noneho amategeko ni ayera, ndetse n’itegeko ryose ni iryera, rirakiranuka kandi ni ryiza. 13.Mbese none icyo cyiza cyampindukiye urupfu? Ntibikabeho! Ahubwo icyaha ni cyo cyaruhindutse, kugira ngo kigaragare ko ari icyaha koko, kuko cyakoresheje icyiza kunzanira urupfu ngo amategeko agaragaze uburyo icyaha ari kibi bikabije.Intambara y’umutima uhana na kamere y’ibyaha 14.Tuzi yuko amategeko ari ay’umwuka, ariko jyewe ndi uwa kamere ndetse naguriwe gutegekwa n’ibyaha. 15.Sinzi ibyo nkora kuko ibyo nshaka atari byo nkora, ahubwo ibyo nanga akaba ari byo nkora. 16.Ariko ubwo nkora ibyo ndashaka, nemera ko amategeko ari meza. 17.Nuko rero noneho si jye uba nkibikora, ahubwo ni icyaha kimbamo. 18.Nzi yuko muri jye, ibyo ni ukuvuga muri kamere yanjye, nta cyiza kimbamo, kuko mpora nifuza gukora icyiza ariko kugikora nta ko, 19.kuko icyiza nshaka atari cyo nkora, ahubwo ikibi nanga akaba ari cyo nkora. 20.Ariko ubwo nkora ibyo nanga si jye uba nkibikora, ahubwo ni icyaha kimbamo. 21.Nuko rero mbona yuko amategeko anyifuriza gukora ibyiza, nyamara ibibi bikaba ari byo bintanga imbere. 22.Nishimira amategeko y’Imana mu mutima wanjye, 23.ariko mbona irindi tegeko ryo mu ngingo zanjye, rirwanya itegeko ry’ibyaha ryo mu ngingo zanjye. 24.Yemwe, mbonye ishyano! Ni nde wankiza uyu mubiri untera urupfu? 25.Imana ishimwe! Kuko izajya inkiza ku bwa Yesu Kristo Umwami wacu. Nuko jyewe mu mutima wanjye ndi imbata y’amategeko y’Imana, ariko muri kamere ndi imbata y’amategeko y’ibyaha.

1.Mbese bene Data muzi amategeko, ntimuzi yuko amategeko atwara umuntu gusa akiriho? 2.Ni cyo gituma amategeko ahambira umugore ku mugabo we akiriho, ariko iyo umugabo amaze gupfa, umugore aba ahambuwe ku mategeko y’umugabo we. 3.Nuko rero, ni cyo gituma iyo umugabo we akiriho, niba abaye uw’undi mugabo yitwa umusambanyikazi, ariko iyo umugabo we apfuye, ntaba agitegekwa n’ayo mategeko, ni cyo gituma ataba umusambanyikazi naho yacyurwa n’undi mugabo. 4.Nuko rero bene Data, ni ko namwe mwapfuye ku mategeko ku bw’umubiri wa Kristo, kugira ngo mubone uko muba ab’undi ari we wa wundi wazutse, mubone no kwerera Imana imbuto. 5.Ubwo twari tukiri abantu ba kamere, irari ry’ibibi ryabyukijwe n’amategeko ryakoreraga mu ngingo zacu, kugira ngo ryere imbuto z’urupfu. 6.Ariko noneho ntitugitwarwa n’amategeko, kuko twapfuye ku mategeko yari atuboshye. Ni cyo gituma turi imbata mu bubata bushya bw’Umwuka, butari bwa bundi bwa kera bw’inyuguti. 7.Nuko rero tuvuge iki? Amategeko ni icyaha? Ntibikabeho! Icyakora simba naramenye icyaha iyo ntakimenyeshwa n’amategeko, kuko ntaba naramenye kwifuza iyaba amategeko atavuze ngo “Ntukifuze.” 8.Ariko icyaha kibonye akito mu mategeko ni ko gukorera muri jye kwifuza kose, kuko aho amategeko atari icyaha kiba gipfuye. 9.Nanjye kera nari muzima ntafite amategeko, maze itegeko rije icyaha kirahembuka mperako ndapfa. 10.Nuko iryo tegeko ryagenewe kuzana ubugingo mbona rinzanira urupfu, 11.kuko icyaha kibonye ako kito mu mategeko, kiranyoshya kirayanyicisha. 12.Noneho amategeko ni ayera, ndetse n’itegeko ryose ni iryera, rirakiranuka kandi ni ryiza. 13.Mbese none icyo cyiza cyampindukiye urupfu? Ntibikabeho! Ahubwo icyaha ni cyo cyaruhindutse, kugira ngo kigaragare ko ari icyaha koko, kuko cyakoresheje icyiza kunzanira urupfu ngo amategeko agaragaze uburyo icyaha ari kibi bikabije.Intambara y’umutima uhana na kamere y’ibyaha 14.Tuzi yuko amategeko ari ay’umwuka, ariko jyewe ndi uwa kamere ndetse naguriwe gutegekwa n’ibyaha. 15.Sinzi ibyo nkora kuko ibyo nshaka atari byo nkora, ahubwo ibyo nanga akaba ari byo nkora. 16.Ariko ubwo nkora ibyo ndashaka, nemera ko amategeko ari meza. 17.Nuko rero noneho si jye uba nkibikora, ahubwo ni icyaha kimbamo. 18.Nzi yuko muri jye, ibyo ni ukuvuga muri kamere yanjye, nta cyiza kimbamo, kuko mpora nifuza gukora icyiza ariko kugikora nta ko, 19.kuko icyiza nshaka atari cyo nkora, ahubwo ikibi nanga akaba ari cyo nkora. 20.Ariko ubwo nkora ibyo nanga si jye uba nkibikora, ahubwo ni icyaha kimbamo. 21.Nuko rero mbona yuko amategeko anyifuriza gukora ibyiza, nyamara ibibi bikaba ari byo bintanga imbere. 22.Nishimira amategeko y’Imana mu mutima wanjye, 23.ariko mbona irindi tegeko ryo mu ngingo zanjye, rirwanya itegeko ry’ibyaha ryo mu ngingo zanjye. 24.Yemwe, mbonye ishyano! Ni nde wankiza uyu mubiri untera urupfu? 25.Imana ishimwe! Kuko izajya inkiza ku bwa Yesu Kristo Umwami wacu. Nuko jyewe mu mutima wanjye ndi imbata y’amategeko y’Imana, ariko muri kamere ndi imbata y’amategeko y’ibyaha.

NOW PLAYING

Abaroma 7

0:00 4:16

No transcript for this episode yet

We transcribe on demand. Request one and we'll notify you when it's ready — usually under 10 minutes.

Decibel Geek Podcast DBG Productions Decibel Geek is a weekly podcast that features discussion of all things Hard Rock & Heavy Metal from the 1960's through today. The show is hosted by Chris Czynszak & AAron Camaro, lifelong fans of the genre.Each week, Chris & AAron discuss new releases, classic albums, and everything in between. They also interview musicians, industry insiders, and other experts on the subject. Decibel Geek is a must-listen for any fan of Hard Rock & Heavy Metal. The show is informative, entertaining, and always insightful.Chris & Aaron and their guests are passionate about the genre, and it shows in their discussions. If you're looking for a podcast that will keep you up-to-date on the latest news and trends in Hard Rock & Heavy Metal, then Decibel Geek is the show for you.Here are some of the things you can expect on Decibel Geek:- Discussion of new releases, classic albums, and everything in between- Interviews with mu Fantasy Besztlíg Podcast Fantasy Besztlíg Fantasy Besztlíg Podcast az első magyar nyelvű Fantasy Premier Leagues podcast. Ha nem tudod mi az az FPL, de szereted az angol focit, akkor hallgass meg minket. Jobb az elején tisztázni, hogy itt nem a La Liga vagy a Seria A lesz a téma. Premier League minden mennyiségben egy MU-es és egy Arsenal-os sráctól. Global Market Insights - Forex, Futures, Stocks XM.com XM's trading podcast, Global Market Insights, reflects our commitment to providing traders with meaningful and informative content based on diversity and practical purpose, encompassing up-to-date information needed for online investing and updates on economic events across the globe.For more in depth technical and fundamental analysis, be sure to visit www.xm.comTrading Point of Financial Instruments Ltd is regulated by the Cyprus Securities and Exchange Commission (CySEC) (licence number 120/10). Trading Point of Financial Instruments Pty Ltd is regulated by the Australian Securities and Investments Commission (ASIC) (licence number 443670), XM Global Limited is regulated by the Financial Services Commission of Belize (FSC) (licence number 000261/27) and XM International MU Limited is regulated by the Financial Services Commission of Mauritius (FSC) (licence number GB23202700). Kuro yi mu nsem Multimedia Ghana A news-analysis morning programme that discusses socio-political local news.

Frequently Asked Questions

How long is this episode of Bibiliya mu Kinyarwanda?

This episode is 4 minutes long.

When was this Bibiliya mu Kinyarwanda episode published?

This episode was published on March 20, 2023.

What is this episode about?

1.Mbese bene Data muzi amategeko, ntimuzi yuko amategeko atwara umuntu gusa akiriho? 2.Ni cyo gituma amategeko ahambira umugore ku mugabo we akiriho, ariko iyo umugabo amaze gupfa, umugore aba ahambuwe ku mategeko y’umugabo we. 3.Nuko rero, ni cyo...

Can I download this Bibiliya mu Kinyarwanda episode?

Yes, you can download this episode by clicking the download button on the episode player, or subscribe to the podcast in your preferred podcast app for automatic downloads.
URL copied to clipboard!